Itegeko rishya ry’umusoro ku nyungu

Seminar Pic large group.jpg

Ba rwiyemezamirimo n’abayobozi b’ibigo barenga 30 bitabiriye amahugurwa y’ingirakamaro ku misoro Muri Gicurasi kuri BPN. Umwe mubitabiriye, yadusangije icyifuzo cye ati: “amahugurwa nk’aya akwiye gutangwa kenshi kugirango afashe abantu gucunga neza bizinesi zabo”.

Tugendeye kubusabe bw’abantu benshi, twiyemeje gutanga aya mahugurwa bwa kabiri muri uyu mwaka Taliki 21 na 22 Ugushyingo. Kuri iyi nshuro,  tuzibanda ku itegeko rishya ry’umusoro ku nyungu ryemejwe muri Mata uyu mwaka.

Iyandikishe vuba kuli BPN usobanukirwe itegeko rishya!

« Gusubira inyuma

4565
Login