BPN Ishyigikira Abarwiyemezamirimo Bato

IMG_2679.JPG

Muri uku kwa gatandatu, BPN yashimishijwe no kwitabira ibiganiro byari byateguwe na World Economic Forum(WEF). Uyu mwaka WEF yibanze ku mpuzamari (Financial Inclusion) cyane cyane mu rubyiruko. Muri urwo rwego, bamwe muri ba rwiyemezamirimo ba BPN basangije abanyeshuri urugendo rwabo rw'uburwiyemezamirimo. Abanyeshuri nabo basobanuye imishinga yabo kandi bashishikarizwa kwigirira icyizere no gutera intambwe mu kuyishyira mu bikorwa. Icyo kiganiro cyitabiriwe n’abanyeshuri 50 bo muri SOS Technical High School na kaminuza y’u Rwanda ndetse n’ibindi bigo nka BDF na BNR.

« Gusubira inyuma

358
Login